Kuri uyu wa Gatatu tariki 16 Ukwakira 2024, Amb Col (Rtd) Dr. Joseph Karemera uherutse kwitaba Imana azize uburwayi bwa ...
Isiganwa ry'imodoka "Rwanda Mountain Gorilla Rally" ryongeye kubera mu Rwanda ku nshuro yaryo ya 24, k uri uyu wa Gatanu ...
Abantu 147 baguye mu mpanuka y'ikamyo ya essenece muri Nigeria, abatari bake barakomereka. Polisi muri Leta ya Jigawa ...
Ingamba zo guhangana n’icyorezo cya Marburg zashyizweho na Leta y’u Rwanda zirimo gutanga umusaruro, bikagaragazwa n’uko mu minsi 4 ishize, imibare ya Minisiteri y’Ubuzima igaragaza ko nta wahitanwe n ...
Urukiko Rukuru rwa Nairobi muri Kenya, rwahagaritse by’agateganyo icyemezo cyo kweguza no gusimbuza Visi Perezida, Rigathi Gachagua. Ni nyuma y’aho Perezida William Ruto mu gitondo cyo kuri uyu wa ...
I Malakal muri Sudani y’Epfo ni hamwe mu bice bikoreramo ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bwo kubungabunga amahoro, hakaba hakorera umutwe w’ingabo wa Rwanbatt -2 ufite inshingano zo gucunga ...
Umuyobozi Mukuru w’Ikigo Nyafurika gishinzwe Kurwanya Indwara (Africa CDC), Dr. Jean Kaseya, yavuze ko u Rwanda ruzatsinda Icyorezo cya Marburg mu gihe cya vuba kandi bitewe n’ingamba zo kukigenzura ...
Minisitiri w’Ubuzima, Dr Sabin Nsanzimana yatangaje ko kugeza ubu abantu barenga 200 bamaze gukingirwa Icyorezo cya Marburg mu Rwanda. Yavuze ko u Rwanda ruherutse kwakira dose 700 z’inkingo za ...
Guverinoma y'u Rwanda yijeje abacuruzi bagihura n'imbogamizi mu Karere ka Afurika y'Iburasirazuba ko igiye kurushaho kuganira n'ibindi bihugu byo muri aka karere, ndetse ko kuri iyi nshuro bagiye ...